Inkuru Nshya

Urwego rw’Abikorera mu Rwanda, PSF, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bari gukora ubugenzuzi ku bucuruzi bw'akajagari , banasaba abakora ubucuruzi kubukora byemewe n’amategeko, babanje kubwandikisha
Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo
U Rwanda rumaze kuba ikimenyabose kubera umwihariko wo kuba isoko y’Ubukerarugendo, by'umwihariko ingagi zo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, zihuruza amahanga
Ihuriro ry’Umutwe urwanya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, AFC/M23 ryatabaje Umuryango Mpuzamahanga uvuga ko ubutegetsi bwa Congo buri gutegura bucece intambara yeruye
Hari tariki ya 12 Kanama 2010 mu buryo butunguranye Shyaka Claver yitabye Imana, ni inkuru yaciye igikuba maze agahinda n'amarira y'akababaro bitaha mu muryango mugari wa Siporo Nyarwanda
Umujyi wa Rubavu nk'umwe mu yegereye umupaka uzakomeza gutezwa imbere wunganire Kigali, binyuze mu kuvugurura ibikorwa remezo, guteza imbere ubukerarugendo no kuzamura ubucuruzi
Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Rosemary Mbabazi, yifatanyije n’Abanya-Ghana kunamira abantu umunani baguye mu mpanuka ya kajugujugu, barimo ba Minisitiri babiri
Meteo Rwanda yatangaje ko hagati ya saa 6:00 z'umugoroba na saa 12:00 z'ijoro kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025, hateganyijwe imvura irimo inkuba mu turere twose tw’igihugu
Nate Ament, uri mu bakinnyi bakiri bato bafite impano ikomeye muri Basketball ndetse bahanzwe amaso muri NBA ari mu Rwanda mu rugendo rugamije gusura ibyiza nyaburanga by’igihugu no guhura n’urubyiruko rukina uyu mukino
Umunyezamu ukomoka muri Congo Brazaville wahoze akinira APR FC, Pavelh Ndzila mu muryango winjira muri Rayon Sports