Tariki nk’iyi ku wa 15 Mata ku musozi wa Ruhanga mu 1994 hari hatuye Abatutsi benshi ndetse no ku yindi misozi yahanaga imbibi naho yo mu cyahoze ari Komine Gikoro. Jenoside itangiye bamwe mu Batutsi baho bafashe imiheto n’amacumu byabo bahungira ku musozi wa Ruhanga.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatanze imbabazi ku bantu batanu bari barahamijwe n’inkiko ibyaha binyuranye, nk’uko bigaragara mu Iteka rya Perezida ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Mata.
Akarere ka Bugesera kibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, by’umwihariko abarenga 3,000 biciwe ku Musozi wa Rebero mu Murenge wa Mayange.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga