Inkuru Nshya

Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwakatiye  Prof. Omar Munyaneza wayoboye WASAC Group igifungo cy’ iminsi 30 y'agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Prosper Zo’o Minto’o, umuyobozi mukuru w’Ikigo cya ASECNA (Agency for Aerial Navigation Safety in Africa and Madagascar), gishinzwe gucunga umutekano w’indege mu kirere cya Afurika na Madagascar
Mu Karere ka Rwamagana, mu Ntara y'Iburasirazuba, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Nzeri 2025, hafunguwe Ikigo gishya kizajya cyakira abitegura gusoza ibihano bakatiwe n'inkiko, ‘Rwamagana Social Reintegration Centre
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika, yakiriye ikirangirire mu mupira w'amaguru, Javier Pastore, wahoze akinira Paris Saint-Germain, wageze mu Rwanda, aho azitabira Kwita Izina ku nshuro ya 20
Niba utuye muri Kigali cyangwa mu mijyi iyunganira, ukaba utembera, si ubwa mbere wumvise ijambo ‘Massage na Sauna'
Guverinoma y’u Rwanda yateguye ko izashora miliyari 70 Frw muri gahunda yo kwimura abaturage ahazaba hagiye kubakwa urugomero rwa Nyabarongo II
Michelle Yeoh wamamaye muri sinema ku rwego mpuzamahanga ari mu biruhuko mu Rwanda aho yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi, ndetse asura n'Ingagi muri Pariki y'Ibirunga
Muhizi Anathole urega Banki Nkuru y’u Rwanda kumwambura inzu yari yaraguze, yandikiye Inteko Ishingamategeko umutwe wa Sena, asaba ko yamurenganura
Abantu bakunze kwibaza ngo 'Ese bamwe mu bayobozi bakuru b’Igihugu bagenerwa ibingana iki n’amategeko bibafasha mu gukora akazi kabo neza, bahembwa amafaranga angahe, ni bande bahabwa imodoka n'ibindi!
Umugaba w’Ingabo wungirije ushinzwe Ibikorwa n’Igenamigambi mu bw’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye  muri Sudani y’Epfo (UNMISS) akaba n’Intumwa y’u Rwanda muri Sudani y’Epfo, Brig Gen Kanobayire Louis, yasuye ingabo z’u Rwanda (Rwanda RWANBATT3) ziri i Juba muri icyo gihugu.