Abarwanyi b’umutwe wa M23 utavuga rumwe na leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigaruriye utundi duce dushya mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk'uko amakuru ava muri ibi bice abyemeza
Tariki ya 10 Kanama ni umunsi udasanzwe mu mateka y’u Rwanda, kuko ni bwo hizihizwa isabukuru y’amavuko ya Madamu Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yifatanyije na Ghana mu gahinda ku rupfu rwa ba Minisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege ya Gisirikare, yabaye ku wa gatatu, igahitana abagera ku munani
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeranyije ku mirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’impande zombi, hagendewe ku bikubiye mu masezerano y’amahoro aherutse gusinyirwa i Washington DC
Umuhungu wa Dukundane wo mu muryango wa Isimbi, umuhungu wa Twongere winjiye mu muryango mushya wa Igisha, n’umukobwa wa Gahuza wo mu muryango wa Kwitonda, ni bamwe mu bana b’ingagi bazahabwa amazina mu muhango wa Kwita Izina ku nshuro ya 20
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga