Inkuru Nshya

Umuririmbyi ndetse akaba n’umuhanzikazi ukomoka I Burundi , Khadja Nin yagaragaje ko nubwo akomoka mu Burundi ariko guhera ubu afata u Rwanda nko mu rugo by’iteka ryose
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abaturiye Pariki y’Ibirunga, kubyaza umusaruro ibikorwaremezo biyikikije ndetse n’imishinga itandukanye bahabwa igamije kubateza imbere
Minisiteri y’Uburezi yasabye ababyeyi kuganiriza abana bagiye mu mashuri yisumbuye,isabana abana nabo kuzarangwa n’imyitwarire myiza ku mashuri.
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF),ifatanyije n’ Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) n’abandi bafatanyabikorwa, batangije Porogaramu ’ Itetero Mobile App’ izajya muri telefoni, igamije gutanga amakuru afasha ababyeyi kurera neza.
Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwimuye ibiro bwakoreragamo byari bisanzwe biherereye  mu Karere ka Kicukiro ahazwi nka ‘Zinia’
Umuyobozi Mukuru w'Ikigo mpuzamahanga gifatanya na za Guverinoma mu mishinga y’iterambere rirambye, kurengera ibidukikije, no guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere, Global Green Growth Institute (GGGI), Sang-Hyup Kim, ari mu bashyitsi b’Imena bazita abana b’ingagi izina mu birori byo Kwita Izina ku nshuro ya 20
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko guteza imbere urwego rw'ubwikorezi bwo mu kirere ari inkingi ikomeye y’iterambere ry’ubukungu bwa Afurika
Umunyamabanga wa Leta muri MINUBWUMWE, Eric Mahoro, yasabye abahamijwe ibyaha bya Jenoside bitegura gusubira mu buzima busanzwe gusigasira ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda
Abana batandatu bagororerwa mu kigo ngororamuco cya Gitagata, giherereye mu Karere ka Bugesera, nyuma yo gutsinda ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka wa 2024/25, bemerewe kuzishyurirwa umwaka wa mbere w'amashuri yisumbuye
Musabyimana Gloriose wamamaye mu buhanzi no ku mbuga nkoranyambaga nka ‘Gogo’ yitabye Imana aguye mu gihugu cya Uganda aho yaramaze iminsi akorera