Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025, aho abiga Imyuga tekiniki n’Ubumenyingiro batsinze ku kigero cyo hejuru
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko nta muhuza ukenewe kugira ngo Abanye-Congo bakemure amakimbirane bafitanye
Umuraperi Ishimwe Semana Kevin, uzwi nka Ish Kevin, yasinye amasezerano yo gukorana n'inzu itunganya umuzuki ya Universal Music Group ishami rya Afurika y'Uburasirazuba, (Universal Music Group East Africa)
Icyegeranyo cyakozwe n’Ikigo cy’Imiyoborere cyo muri Singapore, cyashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri nyuma y’Ibirwa bya Maurice mu bihugu bifite Ubuyobozi bwiza muri Afurika
Perezida w’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, Me Nkundabarashi Moïse, yavuze ko bimwe mu byo urugaga rwagezeho muri uyu mwaka ari uko Abanyarwanda batishoboye bagera 5376 bafashijwe kunganirwa mu nkiko
Perezida Paul Kagame ari i Dakar muri Senegal aho yitabiriye inama Nyafurika yiga ku kwihaza mu biribwa, " Africa Food Systems Forum2025, yatangiye kuri iki cyumweru tariki ya 31 Kanama ikazageza 5 Nzeri 2025.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga