Inkuru Nshya

Ikipe ya Kiyovu Sports yanganyije na Gorilla FC, 0-0 mu mukino w'umunsi wa 18 muri Shampiyona y'u Rwanda
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda w’u Rwanda, Prudence Sebahizi, yagiranye ibiganiro na Minisitiri ushinzwe ishoramari muri Leta ya Pakistan, Qaiser Ahmed Sheikh, bigamije kuzamura ubukungu no guteza imbere urwego rw'abikorera bo mu bihugu byombi
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, yagiranye ibiganiro byihariye na Perezida w'Inama y'Abaminisitiri ya Togo akaba n’Umuhuza wungirije w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu kibazo cy'umutekano mu burasirazuba bwa DRC.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda yasoreje ku mwanya wa 12 mu makipe 16 mu mikino y’Igikombe cya Afurika cya Handball.
Abagore bo mu karere ka Burera , mu Murenge wa Nemba mu kagari ka Kivumu,Umudugudu wa Songorero,, bavuga ko bahangayikishijwe n'amande bacibwa angana na ibihumbi 10 Frw, by'uko umubyeyi yabyariye mu nzira.
Urwego Rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko byinshi mu bibazo byagaragajwe muri raporo ya Komisiyo y'Igihugu y'Uburenganzira bwa Muntu ya 2024-2025, byiganjemo ibijyanye n'abagororwa byafatiwe ingamba ku buryo byinshi byamaze gukemuka
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, ku wa 29 Mutarama 2026, yakiriye Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego Rwasigariyeho inkiko Mpuzamahanga zirimo ICTR (IRMCT), Serge Brammertz  uri muruzinduko rw'akazi mu Rwanda.
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Mexique birishimira imyaka 50 bimaze bifitanye umubano watanze umusaruro mu nzego zitandukanye zirimo dipolomasi, ubucuruzi, ishoramari, ubukerarugendo n’imikoranire mpuzamahanga
Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, akaba n'umuhuza mu kibazo cya RDCongo, Faure Essozimna Gnassingbé yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 29 Mutarama 2026.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka