Inkuru Nshya

Ibyo wamenya kuri Gen Mubarakh wujuje imyaka 59 y’amavuko

Niyonkuru Samuel na Valentine Nzayisenga begukanye Shampiyona y’Igihugu y’Amagare ya 2026

Abantu 53.426 bahamijwe Jenoside bari guhanishwa igihano cy’urupfu – Minisitiri Bizimana

Minisitiri Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu kwizihiza imyaka 66 y’ubwigenge bwa Madagascar

Banki y’Abarabu y’Iterambere muri Afurika, BADEA, yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$ azifashishwa mu mishinga irimo kugeza amazi meza ku baturage
U Rwanda rwakiriye imiryango 106 igizwe n’Abanyarwanda 387, bari bamaze imyaka batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Polisi ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano  yafashe abagabo bane bakekwagaho ibikorwa by’ubujura.
Abanyeshuri bagize Icyiciro cya 25 biga amasomo ajyanye n'imiyoborere y'ingabo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama, basuye Ingoro y'u Rwanda y’urugamba rwo kubohora igihugu ku Mulindi, mu rwego rw’urugendoshuri rujyanye no gusobanukirwa byinshi ku rugamba rwo kubohora igihugu
Mu Rwanda hakozwe bwa mbere ubuvuzi bwa kanseri ifata mu rura runini hatabayeho kubaga umurwayi, ibizwi nka Endoscopic Submucosal Dissection (ESD)
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Gahunda y’Igihugu yo Kubungabunga urusobe rw’Ibinyabuzima (National Biodiversity Strategy and Action Plan) ya 2025-2030, hagamijwe iterambere rirambye
Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje itabwa muri yombi ry'abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka