Minisitiri w’ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko inzoga gakondo nk’ikigage, urwagwa n’umutobe zitagomba gufatwa kimwe n’inzoga zikomeye zizwi nk'ibyuma, ashimangira ko gahunda yo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge itagamije guca inzoga gakondo