Inkuru Nshya

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryubashye ubusabe bwa APR FC bwo kwikura mu irushanwa ry'Igikombe kiruta Ibindi, Super Cup, kubera ryahinduriwe uko ryari risanzwe rikinwa isimbuzwa Mukura VS&L.
Mu Rwanda hageze ikoranabuhanga rizajya ryifashishwa mu gukusanya no kuvangura imyanda ryifashishwa n’abayitwara hirya no hino, mu rwego rwo kurengera ibidukikije no gushyira hamwe imyanda imwe, ku buryo hari n’ishobora gukoreshwa mu kubyazwamo ibindi bintu.
Album nshya ‘Muheto 3 Mutara’ ya B Threy yageze ku mbuga ze zose kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2026 ku buryo abakunzi be batangiye kuyiryoherwa.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Boniface Rutikanga, yaburiye abacuruzi n’abandi bantu bagihisha inzoga zitemewe ko ibikorwa byo kuzishakisha no kuzivanaho ku isoko bitazahagarara, anasaba abazitunze kuzishyikiriza ubuyobozi kugira ngo zimenwe mu buryo bukwiye
Amakipe yatangiye kugera i Kigali, imikino yegereje yatangiye kugera mu Rwanda, aho agiye guhatana mu mikino izahuza amakipe y’abagore akomeye mu karere.Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya CECAFA Champions League 2026 itangire i Kigali,
Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Kanama 2026 saa mbiri n’igice z’ijoro (20:30) muri BK Arena harabera umukino wa mbere (Game 1) w’imikino ya nyuma ya kamarampaka muri basketball mu bagabo, Cheetah Energy RBL Playoffs, aho APR BBC ihura na Patriots BBC.
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko kugira ngo ikibazo cy’ibura ry’amazi muri Afurika gicyemuke mu buryo burambye, bidahagije kubaka ibikorwa remezo gusa, ahubwo hakenewe imiyoborere myiza n’inzego zikora neza kugira ngo serivisi z’amazi zizewe zigere ku baturage.
Mu miryango myinshi haracyari imyumvire ivuga ko kwita ku mwana ari inshingano ya mama gusa, papa agafatwa nk’umutware. Nyamara ibikorwa bito papa akorera umwana buri munsi, nko kumuterure, kumugaburira cyangwa kumukinisha bigira uruhare rukomeye mu mikurire n’imibereho myiza y’umwana.
Mu gihe amashuri makuru akomeje kwakira no gushyira ku isoko ry’umurimo abanyeshuri benshi, iri soko na ryo riragenda rihinduka. Ese impamyabumenyi yonyine iracyahagije kugira ngo umuntu abone akazi?
Abantu bane batawe muri yombi bakekwaho kwangiza nkana ibice by’imibiri yabo y'ibanga, bagakoresha ibisebe mu kugenda basabarizira mu bagira neza amafaranga yo kwivuza aho bazengurukaga mu masoko atandukanye.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka