Mu Rwanda hageze ikoranabuhanga rizajya ryifashishwa mu gukusanya no kuvangura imyanda ryifashishwa n’abayitwara hirya no hino, mu rwego rwo kurengera ibidukikije no gushyira hamwe imyanda imwe, ku buryo hari n’ishobora gukoreshwa mu kubyazwamo ibindi bintu.
Amakipe yatangiye kugera i Kigali, imikino yegereje
yatangiye kugera mu Rwanda, aho agiye guhatana mu mikino izahuza amakipe y’abagore akomeye mu karere.Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya CECAFA Champions League 2026 itangire i Kigali,
Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Kanama 2026 saa mbiri n’igice z’ijoro (20:30) muri BK Arena harabera umukino wa mbere (Game 1) w’imikino ya nyuma ya kamarampaka muri basketball mu bagabo, Cheetah Energy RBL Playoffs, aho APR BBC ihura na Patriots BBC.
Mu miryango myinshi haracyari imyumvire ivuga ko kwita ku mwana ari inshingano ya mama gusa, papa agafatwa nk’umutware. Nyamara ibikorwa bito papa akorera umwana buri munsi, nko kumuterure, kumugaburira cyangwa kumukinisha bigira uruhare rukomeye mu mikurire n’imibereho myiza y’umwana.
Mu gihe amashuri makuru akomeje kwakira no gushyira ku isoko ry’umurimo abanyeshuri benshi, iri soko na ryo riragenda rihinduka. Ese impamyabumenyi yonyine iracyahagije kugira ngo umuntu abone akazi?