Inkuru Nshya

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho wigaruriye agace ka Marunde gaherereye hagati ya Mikenke na Kigazura muri Segiteri ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, uhirukanye ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR na Wazalendo
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo gikora ishoramari cyo mu Bushinwa, hagamijwe gukomeza ubufatanye mu bucuruzi n’ikoranabuhanga hagati y'impande zombi
Soldat Mbale Hafashimana  witandukanyije na FDLR avuga ko uyu mutwe wagiranye amasezerano n’ingabo za leta ya Congo,FARDC, ndetse ko iki gisirikare cyabafashaga mu buryo butandukanye,agasaba abakiri mu mashyamba gutaha ,bakaza kubaka igihugu.
U Rwanda rwakiriye imiryango 69 igizwe n'Abanyarwanda 223, batahutse nyuma y'imyaka myinshi batuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko Banki y'Isi yabaye umufatanyabikorwa mwiza mu guteza imbere uburezi, aho hamaze kubakwa ibyumba by'amashuri birenga 11,000 hirya no hino mu gihugu, byafashije mu kugabanya ubucucike mu mashuri yo mu byaro
Umuyobozi w’ishami rishinzwe ubufatanye bwa Gisirikare n’abasivili mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Colonel Désiré Migambi Mungamba, yasabye abayobozi b’amashuri kugira uruhare rufatika mu kwigisha amateka y’u Rwanda urubyiruko
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yatangaje ko umutekano ku mipaka ihuza iyi ntara n’ibihugu by’ibituranyi birimo u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uhagaze neza ndetse ko inzego z’umutekano ziri maso
Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri RDB, Michelle Umurungi, yagaragaje ko u Rwanda rwafunguriye amarembo ubucuruzi bwambukiranya imipaka, nk'uburyo bwo kongerera imbaraga ubucuruzi bw'ibihugu ariko hubahirizwa umutekano
Abanyamuryango b’Itsinda ‘Tuzamurane Byimana’ bakora ubworozi bw’inkoko bwa kijyambere bavuga ko umusaruro w’amagi babukuramo wababereye igisubizo gikomeye mu kurwanya imirire mibi mu Murenge wa Byimana, wo mu Karere ka Ruhango

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka