Inkuru Nshya

Umwana w'umukobwa wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye kuri G.S Saint Laurent Cyahinda mu murenge wa Cyahinda ho mu karere ka Nyaruguru,aravugwaho gukuramo inda hanyuma ajya gukora ikizamini nk’aho nta cyabaye.
U Rwanda ku bufatanye n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Mpunzi, rwakiriye itsinda rya 23 rigizwe n’abasaba ubuhungiro 173 bavuye muri Libya
Ku itariki 18 Kamena 1994, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu n’amajyambere ya Komini, Edouard Karemera, ukomoka muri Komini Mwendo ku Kibuye, yanditse asobanura uko kwica Abatutsi mu Bisesero bigomba gukorwa.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora Ingabo z’u Bufaransa zirwanira ku Butaka, Gen Pierre Schill, byibanze ku gushimangira ubufatanye bwa gisirikare no guteza imbere umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Stephen Patrick Mbundi ku bufatanye bw’u Rwanda n’uyu Muryango.
Ibiganiro hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo byasize ibihugu byombi bigaragaje ubushake mu kuzahura umubano umaze igihe warajemo agatotsi.
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w'u Rwanda wa 2016 yatangaje ko yiteguye kujyana mu nkiko umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, amushinja kumusebya no kumukwirakwizaho amakuru y'ibinyoma ku mbuga nkoranyambaga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye Urwibutso rwa Hector Pieterson ruherereye i Soweto, yunamira urubyiruko rwagize uruhare rukomeye mu rugamba rwo kurwanya ivanguramoko no guharanira ubwisanzure bw’abaturage ba Afurika y’Epfo.
Perezida Paul Kagame yavuze ko iyo abagize uruhare mu rugamba rwo kubohora Igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi baza kuba baritekerezagaho gusa cyangwa bagaharanira inyungu zabo, u Rwanda rutari kuba rugeze ku rwego rugezeho uyu munsi
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi barahiriye inshingano nshya bahawe ko bakwiye kumenya no gusobanukirwa uburemere bw’indahiro barahiriye ababwira ko kuba umuyobozi muri leta inshingano za mbere ari ugukorera abaturage no guharanira imibereho yabo myiza.