Umukinnyi wa APR FC, Cheick Ouattara Djibril yavuze ko yifuza kubona ikipe ya APR FC akinira na Rayon Sports zikina imikino y'amatsinda mu marushanwa Nyafurika ya CAF Champions League na CAF Confederation Cup muri uyu mwaka w'imikino wa 2026/27.
Ubwizigame bw’abanyamigabane mu cya Kigega cya RNIT Iterambere Fund bwageze kuri miliyari zirenga 149 Frw mu 2026 buvuye kuri miliyari 1 Frw bwari ho mu 2016 ubwo iki kigega cyashingwaga.
Perezida Kagame yihanganishije Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, umuryango we, ndetse n'abaturage ba Qatar, ku bw'urupfu rwa se, Sheikh Hamad bin Khalifa Al Thani
Abanya-Sudan baba mu Rwanda basanga ibyo Perezida Paul Kagame avuga byo kunga ubumwe no gukorera hamwe kw’ibihugu bya Afurika ari byo bizafasha uyu mugabane kwiteza imbere ku buryo burambye.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Nyakanga, inyubako yitwa Zara Invetment iri mu cyanya cy'inganda i Masoro yibasiwe n'inkongi y'umuriro irashya, Polisi iratabara.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda,
Eng. Richard Nyirishema, yavuze ko Umushinga wa Muvumba Multipurpose Dam witezweho kuzafasha mu kuhira hegitari zisaga 10,000 z’ubutaka buhingwa, ugeze ku kigero cya 61.5%.