Inkuru Nshya

Ku mugoroba wo ku wa 15 Nyakanga 2026 CP Yahaya Kamunuga, wari uhagarariye ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda  yakiriye itsinda ry'abapolisi b'u Rwanda bayobowe na SSP Jean D'Amour Ndagijimana, bagarutse mu Rwanda bavuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique aho bari bamaze umwaka.
Ikipe ya APR BBC yatsinze REG BBC amanota 84-78 mu mukino w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'u Rwanda ya basketball mu bagabo, biyiha gufata umwanya wa mbere ku rutonde rw'agateganyo rwa Shampiyona.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko hagati y’itariki ya 6 n’iya 10 Nyakanga 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe ku masoko mpuzamahanga byinjirije u Rwanda amafaranga arenga miliyari 11,8 Frw.
Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2026, Perezida Paul Kagame yashyizeho Abanyamabanga bashya muri Minisiteri ya Siporo no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi
Ikigo Mpuzamahanga cy’Imari  ‘Institute of International Finance’ IIF, cyashyize u Rwanda mu bihugu bya mbere muri Afurika bitanga amakuru yizewe ku bashoramari n’ajyanye n’imyenda igihugu gifite.
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane yashimiye Belén Calvo Uyarra wasoje inshingano zo kuba  Ambasaderi w’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda.
Ni kenshi uzumva abantu bamwe bavuga ngo “Jyewe sinshobora kuva mu rugo mu gitondo ntafashe ifunguro”. Hari n’abahamya ko iryo funguro rya mu gitondo ngo ari ryo rifite akamaro kurusha ayandi umuntu afata ku munsi. Wenda nawe ushobora kuba ariko ubyemera cyangwa ukaba ubyibaza.
Bamwe mu batuye mu mirenge itandukanye irimo uwa Cyinzuzi, Murambi na Masoro yo mu karere ka Rulindo mu ntara y'Amajyaruguru,baratabaza basaba inzego zibishinzwe guhagurukira amatsinda y’abagizi ba nabi yashibutse ku bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, by’umwihariko abiyita wrong turn baherutse no kwica abantu babiri babasanze mu isantere.
Mu Ishuri Rikuru ry’Ingabo z’u Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze hatangiye amahungurwa ku micungire y’urwego rw’Ingabo yitabiriwe naba Ofisiye bakuru bo mu nzego z’umutekano zitandukanye zo mu Rwanda
Muri iyi nkuru, turagaruka ku bayobozi batanu bamaze kuyobora Minisiteri nyinshi mu Rwanda, abo ni Dr. Vincent Biruta, James Musoni, Dr. Jeanne d'Arc Mujawamariya, Dr. Charles Murigande na Dr. Valentine Uwamariya.