Ubushakashatsi bwakozwe na National Institutes of Health (NIH) bugaragaza ko gutura mu mijyi yiganjemo ubucucike byongera ibyago byo kurwara stroke ku kigero kiri hagati ya 20% na 70% ugereranyije n’abatuye mu bice by’icyaro.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yagaragaje ko Afurika ikwiye kongera imbaraga mu ishoramari ry’ubuzima, guteza imbere ubwisungane mu kwivuza no gushyira imbaraga mu kwikorera imiti n’inkingo.
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko imirimo yo kubaka uruganda rwitezweho gukemura ikibazo cy’ibura ry’amazi mu Mirenge imwe n’imwe igize Akarere ka Karongi yageze ku musozo.
Ikipe ya Police FC yatangaje umutoza Rkyer Jaafar ukomoka muri Maroc nk'umutoza wayo mushya mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere, asimbuye Ben Moussa warumaze umwaka umwe atoza iyi kipe ya Polisi y'u Rwanda.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga