Abakerarugendo basura u Rwanda bavuga ko ibihangano by’ubugeni bagurira mu gihugu biri mu bibasigira urwibutso rwiza rw’uruzinduko rwabo, mu gihe abaturiye Pariki y’Ibirunga
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yasubije ku magambo arimo ivangura n’irondomoko yatangajwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, Makolo avuga ko u Rwanda rwubakiye ku bumwe bw'Abanyarwanda.
Ikipe ya Kiyovu Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma.
Guverinoma y'u Rwanda igiye gutangira imirimo nyir'izina yo kuvugurura no kwagura umuhanda wa Prince House–Giporoso–Masaka nyuma y’imirimo y’ibanze yari imaze igihe ikorwa.
Ba Ofisiye bakuru, abato n’abandi bo mu nzego zitandukanye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Urwego rushinzwe Igorora (RCS), barangije amahugurwa ya gisirikare yari amaze amezi atanu abera mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare i Gabiro.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga