Ubuhinzi

Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr. Mark Bagabe yagaragaje ko mu cyerekezo 2050, hazajya hakorwa ubuhinzi bushingiye ku masezerano n'ibigo by'imari ku buryo umuhinzi atazajya ashora adafite isoko azagemurira
Abaturage bo mu Murenge wa Ruli, mu Karere ka Gakenke, barashimira Leta y’u Rwanda ku ruhare rukomeye yagize mu guteza imbere ubuhinzi, bavuga ko ivugururabuhinzi ryabagejeje ku musaruro mwinshi no ku mibereho myiza kurusha mbere
Dieudonné Musoni yifashishije ikoranabuhanga mu bworozi, aho yorora inkwavu mu buryo bwa kijyambere, akazitera intanga zikororoka vuba kandi zikagira umwihariko wo kuba nini cyane
Dr. Goodluck Jonathan wabaye Perezida wa Nigeria yavuze ko mu bihugu nk’u Rwanda, ikoranabuhanga ryafashije abahinzi kubona isoko no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere ariko byose bikeneye ishoramari rihamye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka