Ibyihariye

Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda
Inararibonye mu bya Politiki, Hon. Tito Rutaremara, asanga abavuga ko u Rwanda ruri muri RDCongo gushyigikira Ihuriro rya AFC/M23, ari ibinyoma kuko umutwe wa M23 wihagije kandi ko nta bimenyetso bifatika ababivuga bashingiraho
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko gahunda yo gushinganisha ibihingwa n’amatungo igeze ku kigero gishimishije aho abahinzi n’aborozi barenga ibihumbi 300 bamaze kugana gahunda y’ubwishingizi.
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera aba Ofisiye 632, bari bafite ipeti rya Sous-Lieutenant, abaha ipeti rya Lieutenant
Perezida wa Repubulika Paul Kagame,akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye ba ofisiye bashya binjiye mu ngabo z’u Rwanda, guhora bazirikana ko inshingano ya mbere bafite ari ukurinda igihugu n’Abanyarwanda, birinda ko cyavogerwa n’abatagikunda.
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yagaragaje  ko hari zimwe mu nganda zimo n’izitunganya umusaruro w’ubuhinzi zikora amasaha macye bityo bikadindiza iterambere n’ubukungu bw’igihugu.
Kuri uyu wa 1Ukwakira 2025,  Umuryango FPR Inkotanyi wifurije Abanyarwanda umunsi mwiza wo gukunda Igihugu, abasaba kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.
Mu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Jenerali MK Mubarakh, yakiriye itsinda rigizwe n’abasirikare n’abarimu 27 baturutse mu Ishuri rya Gisirikare rya Zambia, bari mu ruzinduko rwo kwigira ku Rwanda