Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Victoire Ingabire yabwiye urukiko ko atiteguye kuburana

Israel yafatiye ingamba abaturage b’ibihugu bitanu bya Afurika biromo n’u Rwanda

Urubyiruko rw’Abaskuti rwasabwe kurangwa n’ubutwari nk’ubwa RPA Inkotanyi

Abenshi bazi gusoma ariko ibyo basoma ntibabyumva: Ubushakashatsi ku myigire y’abana

Umujyi wa Kigali wahawe ikirango cyitwa "UCI Bike City" nk'ishimwe ry'uko wakiriye neza Shampiyona y'lsi y'Amagare ya 2025 kuva tariki ya 21 kugeza 28 Nzeri 2025, bwa mbere ku Mugabane wa Afurika.
Minisitiri w'Intebe Dr Nsengiyumva Justin yagaragaje ko Afurika ikomeje guhura n'ibibazo by'umutekano mucye ariko bigomba gukemurwa bihereye ku muzi wa byo.
APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampyiona y’u Rwanda wabereye muri stade Amahoro ku mugoroba wa ku wa gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026.
Minisitiri w’Intebe ,Dr Nsengiyumva Justin , kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026, yifatanyije n’abandi bayobozi mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro Inama ya 39 isanzwe y'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Minisitiri w'Intebe, Dr Nsengiyumva Justin , yibukije abayobozi b'ibihugu bya Afurika ko bakwiye gushyira imbaraga mu miyoborere myiza by'umwihariko mu nzego z'ubuvuzi ari nako baharanira ko nta babyeyi bapfa babyara .
Mu karere ka Rulindo, mu Murenge wa Tumba, imodoka yari itwaye umugeni ugiye gusezerana, yakoze impanuka, umugeni ahita yitaba Imana abandi icyenda barakomereka.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yahuriye na mugenzi we wa Tunisia, Mohamed Ali Nafti, i Addis Abeba muri Ethiopia aho bitabiriye Inama ya 48 y’Akanama kayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Art-Rwanda Ubuhanzi Xperience no gusoza icyiciro cya Gatatu cy’amarushanwa ya Art-Rwanda Ubuhanzi agamije gushyigikira no guteza imbere impano z’urubyiruko mu buhanzi.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka