Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Polisi y'u Rwanda yatangaje ko umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma utari bukoreshwe n'ibinyabiziga guhera saa sita z'amanywa kugeza saa moya za nijoro
Depite Bizimana asanga umubare w’abasinyira idini cyangwa itorero kugirango ryemerwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, urimo amananiza kuko amadini yose atariko yabona abayoboke 1000 bayasinyira
Depite Pie Nizeyimana yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, kwinjira mu bibazo bimaze iminsi bigaragara muri Rayon Sports, kuko bigira ingaruka ku mbaga nini y'Abanyarwanda bayikunda, abasabira kurindwa agahinda
Umuraperi Papa Cyangwe ugeze kure y'itegura igitaramo cyo kumurika album ye nshya yise 'Now or Never Album Launch' yararikiye abakunzi be kuzitabira ku bwinshi ndetse atangaza ko yatumiye Rocky n'abagenzi be bahoze bakorana mu bijyanye n'umuziki
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda rya Banki y'Isi riyobowe n'umuyobozi wayo muri Afurika yo Hagati n’Amajyepfo, Ndiamé Diop, baganira ku bufatanye mu nzego ziterambere
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ububiligi, Maxime Prévot, ni umwe mu ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga bitabiriye inama ya 46 iri kubera mu Rwanda y'aba Minisitiri bagize umuryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'Igifaransa, Francophonie
Perezida wa Pan African Movement-Rwanda, Hon Musoni Protais, yasabye urubyiruko guharanira kugira amahitamo yo kwigenga mu bitekerezo ndetse no gukunda igihugu no kugikorera
Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko hakwiriye gufatwa ingamba ziboneye zo guha umugore agaciro n’ubushobozi, kugira ngo abe umufasha mu gukemura ibibazo byugarije Isi muri iki gihe
U Rwanda n’ikipe yo mu Bwongereza ya Arsenal, bemeranyije ko ubufatanye bwo kwamamaza ibikorwa bya 'Visit Rwanda' bwari bumaze imyaka umunani buzasozwa mu mpeshyi y’umwaka utaha wa 2026
Umuhanzi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yatangaje ko ibyavuzwe ko Ishimwe Vestine yaba yaramaze gutandukana n'umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo, byaba atari ukuri