Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Dusengiyumva Samuel, yavuze ko hatangiye kubakwa no kuvugurura imihanda kugirango hagabanywe umuvundo, yibutsa abayikoresha ko hakenewe ubufatanye bwabo mu kuyibungabunga no kubungabunga ubuzima bwabo
Amb. Olivier Nduhungirehe yamaganye imyanzuro yafatiwe mu nama ya cyenda y’abakuru b’Ibihugu n’abahagarariye za Guverinoma zigize umuryango wa CIRGL
Ambasaderi Innocent Bagamba Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore, Tharman Shanmugaratnam, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Umukinnyi wa filime Nyarwanda, Lynda Priya n’umukunzi we Christian Irenge, bamaze gutangaza ko ubukwe bwabo buzaba muri Gashyantare 2026
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yashimye icyemezo cyo gusinya ingingo ngenderwaho z’amasezerano arambye  y’amahoro hagati ya Leta ya RDCongo n’umutwe urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu wa AFC/M23
Polisi y’Igihugu ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, abaturage,  yakoze igikorwa cyo kwangiza litiro zitujuje ubuziranenge zingana na litiro ibihumbi 76 mu karere ka Bugesera.
Abahagarariye Leta ya Kongo n’umutwe wa AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano-shingiro agomba gutegura ikomeza ry’imishyikirano igamije kugera ku masezerano y’amahoro arambye
Hashakineza Jean Claude, yasobanuye ko amashuri y’ikitegererezo (Model Schools) afite isano n’amashuri Nderabarezi, kuko akorana nayo mu gufasha abanyeshuri biga uburezi kwimenyereza neza uwo mwuga
Guverinoma ya Liberia yakuriyeho Viza Abanyarwanda bajya muri iki gihugu banyuze ku mupaka, inzira y'amazi ndetse no mu kirere
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yavuze ko Polisi y’u Rwanda yashyize imbaraga nyinshi mu guharanira ko imihanda irangwa n’umutekano usesuye nk'uburyo bwo kubungabunga ubuzima bw’abaturage