IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Guverinoma ya Liberia yakuriyeho Viza Abanyarwanda bajya muri iki gihugu banyuze ku mupaka, inzira y'amazi ndetse no mu kirere
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yavuze ko Polisi y’u Rwanda yashyize imbaraga nyinshi mu guharanira ko imihanda irangwa n’umutekano usesuye nk'uburyo bwo kubungabunga ubuzima bw’abaturage
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yavuze ko amashuri adakwiye kwitwaza imbogamizi zirimo ubucucike, ngo abanyeshuri batsindwe, avuga ko hari abiga ari benshi bagatsinda hakaba n'abiga ari bake ntibatsinde
Madamu Jeannette Kagame yakiriye ku biro bya Imbuto Foundation, Madamu Rachel Chebet Ruto, umugore wa Perezida wa Kenya, William Ruto, wagiriye uruzinduko mu Rwanda
Ikigo Re-Banatex cyashinzwe na Jonathan Shauri Kalibatha, cyegukanye igihembo nyamukuru cya miliyoni 50 Frw, mu irushanwa ryo guhemba imishinga yifashisha ikoranabuhanga rya Hanga Pitch Fest 2025
U Rwanda rwashyizwe mu Itsinda A muri tombola y’uko amakipe azahura mu Gikombe cya Afurika cy'umukino w'intoki 'Handball', aho ruzaba ruhatanye na Algérie, Nigeria na Zambia
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Jean-Damascène Bizimana,yasabye abari bafungiwe ibyaha bya jenoside bakaba bitegura gutaha nyuma kurangiza ibihano kwitwararika,birinda icyabagusha mu cyaha kandi bakabwiza ukuri abana babo.
Ikinyobwa gisembuye cya 'Kari Vodka', gikorerwa mu Rwanda, cyatangiye gucuruzwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kongera ibikorerwa mu Rwanda bigera ku isoko mpuzamahanga
Capt Sébastien Mugunga Rwamuhigo, wari umusirikare mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yiciwe mu mujyi wa Uvira n'abasirikare bagenzi be, azira kuba avuga Ikinyarwanda
Abanyarwanda 17 bari bamaze imyaka myinshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Kane tariki 14 Ugushyingo 2025, batahutse mu Rwanda.