IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare
Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Emery Bayisenge, yasabye abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U17), kwitwara neza mu marushanwa ya CECAFA bagiye kujyamo, abibutsa ko amarushanwa nk'aya abashyira ku itara
Minisiteri  w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, yatangaje ko mu bushakashatsi bakoze ku gipimo cy’Ubumwe , bugaragaza ko 95% Bemera ko abafunzwe bazira icyaha cya jenoside yakorewe Abatusi bakarangiza ibihano bisanga mu muryango nyarwanda nta kubishisha.
Kwizera Emelyne uzwi cyane nka "Emelyne Ishanga" yabatijwe mu mazi menshi yemera kwakira yesu nk'umwami n'umukiza
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana, yagaragaje ko Igipimo cy’Ubumwe bw’Abanyarwanda mu mwaka wa 2025 kigeze kuri 95.3%.
Polisi y’u Rwanda yashimiye ingamba zafashwe mu gukumira impanuka z’amakamyo mu Karere ka Rubavu, inacyebura abashoferi b'amakamyo nama bisi, bibutswa ko umutekano w'umuhanda nabo ubareba
Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi bakuru b’Igihugu ko bagomba guhora bibuka ko igihugu cy’u Rwanda kidafite undi uzakigoboka, abasaba ko aribo bagomba kwihitiramo uko bashaka kubaho.
Ikipe ya APR FC inyagiye umukeba wayo w'ibihe byose Rayon Sports, imvura y'bitego 3-0, mu mukino w'umunsi wa karindwi wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League
Madamu Jeanette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, yasabye abanyamuryango ba Unity Club ndetse n'Abanyarwanda muri rusange kuba menge kuko hari benshi batishimira iterambere ry'u Rwanda