IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umuraperi Karangwa Lionel benshi bazi nka 'Lil G', yateye imitoma umukunzi we Emilia wo muri Pologne, bitegura kurushinga muri 2026
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry
Abanyarwanda basaga 300 bari mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi, baherutse gutahuka bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangiye kwigishwa ku bumwe n'ubudaheranwa by'Abanyarwanda
Umuhanzi  Florien Uworizagwira, yatangaje ko adaciwe intege n’amashusho y’urukozasoni ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yongera kugaragaza urwo akunda umukunzi we.
Ikigo gicuruza Moto zikoresha amashanyarazi  cya Spiro, cyasobanuye ibijyanye n’imikorere mibi bikivugwamo.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11-20 Ugushyingo 2025, hateganyijwe imvura nyinshi mu gihugu hose, iri hejuru y'iyari isanzwe
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu nama y’abepiskopi Gatolika mu Rwanda (Commission Épiscopale Justice et Paix Rwanda),ibinyujije mu mushinga wayo “Amani Kwetu”, kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2025 , yatangije ibiganiro by’iminsi ibiri, bigamije kwimakaza amahoro n’ubwumvikane mu baturage bo mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Ubucuruzi hagati y'u Rwanda n'u Bushinwa bwageze ku gaciro ka miliyoni z'amadorari 605 ya Amerika mu mezi icyenda y'umwaka wa 2025, bigaragaza izamuka rya 22.1% ugereranyije n'umwaka ushize wa 2024
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa ku masoko mu mujyi cyazamutse ku kigero cya 7.1%, mu kwezi k'Ukwakira 2025, ugereranyije n'Ukwakira 2024
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier, yageze i Islamabad muri Pakistan, aho yitabiriye inama y’abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko, iteganyijwe hagati ya tariki 11-12 Ugushyingo 2025.