Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko mu Midugudu hakwiye kujya hatangirwa ibiganiro ku mateka y’Igihugu ,ubumwe n’Ubudaheranwa ariko bigamije guhindura imyumvire y’urubyiruko rushukishwa amafaranga n’abavuga nabi bakanarwanya leta y'u Rwanda.
Itsinda ry'abaramyi rya Vestina na Dorcas ryerekeje mu gihugu cya Canada, aho bagiye gukorera ibitaramo mu mijyi itandukanye bahereye muri Vancouver
Perezida wa Repubulika Iharanira Demoka ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye Perezida w’u Rwanda, ubwo yamusabaga ibiganiro bari i Buruseli mu Bubiligi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abakozi babiri bakora mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) na rwiyemezamirimo akaba na nyir’ikigo cy’ubucuruzi cyitwa Paramount Company, kigurisha ibikoresho by'ikoranabuhanga, bakurikiranyweho kunyereza amafaranga arenga miliyoni 48 Frw.
Umufaransa Corentin Denolly yegukanye Irushanwa Mpuzamahanga rya Tennis rya Rwanda Open M25, atsinze Umudage Maik Steiner amaseti 2-1
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze Jenoside mu Rwanda kurambika intwaro hasi.
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Phanuel Kavita, yatunguranye aho yagaragaye atoragura uduca tw'amazi twakoreshejwe n'abakinnyi nyuma yaho Benin itsinze Amavubi.