Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Abana barenga miliyoni enye bafatira ifunguro rya saa sita ku ishuri binyuze muri porogaramu yo kugaburira abana ku ishuri yatangijwe mu 2019, kandi ikomeje kongerwamo ingengo y’imari hagamijwe kuzamura imibereho n’imyigire myiza y’abana
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yibukije abaturage ko serivisi nziza ari uburenganzira bwabo asaba Abayobozi b'inzego z'ibanze ko gushyira iterambere ry'umuturage ku isonga. 
Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
U Rwanda rurakataje mu iterambere ndetse ruri kwaguka mu mfuruka zose bituma abarutuye baterwa ishema no kurubamo no kwiratana intambwe rugenda rutera.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Mukura Victory Sports ibitego 2-0 mu mukino wayo wa gatatu muri Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 10.
Urwego rw'Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kugeza ubu rufunze abanyamahanga basaga 500 mu magororero atandukanye hirya no hino mu Gihugu.
Kuwa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hari hahiye umugani w'ab'ubu , aho abasore , inkumi, abakuru n'abato bari bateraniye mu nyubako ya BK Arena, mu gitaramo cy' umuhanzi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria, David Adeleke wamamaye nka Davido
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare bwabasabiye igifungo cya burundu abagabo babiri bo muri aka Karere bakekwaho ibyaha byo kwica abagore babo