Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu mujyi no mu cyaro , mu kwezi kwa Nzeri 2025, ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 6,2% ugereranyije na Nzeri 2024.
Umuyobozi Ushinzwe guhuza ibikorwa by'Ingabo z'u Rwanda n'abaturage muri RDF, Colonel Désiré Migambi, yasabye urubyiruko rwa Gen-Z gukunda igihugu batizigamye ndetse barebera kubababanjirije
Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n'Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda, yagiriye urugendo mu Ntara y’Amajyaruguru, asura Ikigo cy’Ishuri cya GS Kirebe TSS cyo mu Karere ka Gakenke ,ashima ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagaragakje ko ubufatanye bwa Afurika n'andi mahanga atari ubugomba gutuma Afurika igengwa ahubwo bugomba kuyihesha agaciro, bugashingira ku kungukira hamwe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye ubutumwa mugenzi we wa RDCongo nyuma yo kongera kwegeka ibibazo by’icyo gihugu ku Rwanda.
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, yasabye ko yahuza imbaraga na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bagasaba umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe guhagarika imirwano, ngo kuko iri gutwara ubuzima bw’abasivili benshi.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo witwa Sabato Mupenzi, ashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, ari i Buruseri mu Bubiligi aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, yiga ibijyanye n'ishoramari