Imikino

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryakiriye ubusabe 688 bw’abatoza bujuje ibisabwa, bifuza gutoza Ikipe y’Igihugu y’Amavubi
Abakinnyi b'ikipe ya FC Saint Éloi Lupopo yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bageze i Kigali, aho bari kwitegura umukino wa CAF Champions League bazakina na Al Hilal SC
Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'Icyiciro cya mbere y'u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Ikipe ya Rayon Sports FC yasinye amazerano y’ubufatanye n’umuterankunga mushya ugiye gushora asaga miliyari 5 Frw muri iyi kipe mu gihe kingana n’imyaka itanu.
Rayon Sports yari imaze iminsi myinshi iri mu bihe bigoye , yatsinze AS kigali 1-0 , yongera kugarura ikizere cyo guhatanira igikombe.
Ikipe ya APR FC yigirije nkana kuri Gasogi united iyitsinda ibitego 3-0 mu mukino w'umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Amagaju FC yatangaje Sghir Hammad nk’umutoza Mukuru mushya wayo mu gihe yari imaze ibyumweru birenga bitatu idafite umutoza Mukuru.