Imikino

Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yagiranye ibiganiro na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino
Minisitiri wa Siporo,Nelly Mukazayire yasabye Abanyarwanda kuza ku bwinshi kwakira ibirori by’amateka bya   Shampiyona y’Isi y’Amagare bigiye kubera mu Mujyi wa Kigali , mu Rwandano muri Afurika muri rusange
Urwego Rushinzwe Gutegura shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu bagabo, Rwanda Premier League, rwatangiye gutanga ibihembo ruherye ku mufana.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda, Amavubi, yagumye ku mwanya w'127 ku rutonde rwa FIFA ruyobowe na Espagne.
Urwego ry'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abakozi ba FERWAFA