Imikino

Ikipe ya Police FC yanganyije na Al Hilal SC yo muri Sudani 0-0 mu mukino wa mbere yari ikinnye muri Shampiyona y’u Rwanda kuva yakwemererwa kuyitabira mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia
Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Amissi Cédric, yasabye imbabazi nyuma y’imyitwarire idahwitse yagaragaje mu mikino iheruka, byamuviriyemo guhagarikwa imikino ibiri no kwamburwa igitambaro cy’ubukapiteni
Kiyovu Sports yahagaritse rutahizamu Amisi Cédric ibiri inamwambura igitambaro cy’umuyobozi w’abakinnyi (Kapiteni), kubera imyifatire idakwiye
Urwego ry'Igihugu rw'Imiyoborere ,RGB , rwatangaje ko rwashyizeho Komite y'inzibacyuho ya Rayon Sports nyuma yo gusuzuma byimbitse ibibazo biyivugwamo.
Al Merrikh SC yo muri Sudani yinjiye mu mateka nk’ikipe ya mbere yo mu mahanga yakinnye muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0, hakinwa imikino y’umunsi wa munani
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ishobora gufatira ibihano amakipe abiri ariyo Al-Hilal yo muri Sudani y'Epfo na MC Alger yo muri Algeria nyuma y'imvururu zabereye mu mukino wahuje aya makipe yombi i Kigali
Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze  Mouloudia Club d'Alger [MC Alger] yo muri Algeria ibitego 2-1, mu mukino wa mbere wo mu Itsinda C mu mikino yo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ( CAF Champions League).