Imikino

Rayon Sports yongeye gutakaza amanota igwa miswi na Rutsiro FC yongera kwemerera APR FC kwidagadura no guhumeka ituje.
Umunyarwandakazi Emeline Imanizabayo yegukana umudari wa Zahabu mu isiganwa mpuzamahanga rya Seven Hills Record Run ryabereye i Nijmegen mu Buholandi
Ikipe ya APR FC ikomeje kwerekana ko imikino yo mu Ntara iyigora muri uyu mwaka w'imikino, nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego bibiri kuri kimwe.
Ikipe ya AS Kigali FC yatsinze Marines FC ihita iva mu gikundi cy’amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryemereye umutoza Haringingo Francis Christian gutoza Rayon Sports FC mu buryo bwemewe n’amategeko, aho agiye kurwana urugamba rwo gukuramo ikinyuranyo cy'amanota 9 arushwa n'uwo bahanganiye igikombe
Perezida Paul Kagame yashimiye amakipe atatu yo ku Mugabane w'u Burayi akorana n’u Rwanda binyuze muri gahunda ya VisitRwanda, yageze muri 1/2 cy’imikino y’amakipe yabaye aya mbere i wayo , UEFA Champions League.
Amakipe azitabira Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo (CAVB Men’s Club Championship) izabera i Kigali, yavanwe kuri 24, agirwa 32, akazaba agabanyije mu matsinda umunani
Hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo bwa mbere u Rwanda rwakire imikino y'Igikombe cya Afurika cy'Amakipe yabaye aya mbere iwayo mu Bagabo (CAVB Men's Club Championship) 2026.