Inkuru Nshya

Perezida Kagame yashimiye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Nyamagabe:Hatangijwe ku mugaragaro sisitemu ya “Mbaza” abaturage basabwa kwita ku mibereho myiza

Umusifuzi wakubise umugeri umukinnyi wa Mukura yahagaritswe umwaka 

Yago  ari  mu byishimo  byinshi aho  Imfura ye yujuje umwaka ibonye izuba

U Rwanda na Djibouti byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije gushimangira ubufatanye mu by'ubukungu no guteza imbere ishoramari ry'ibihugu byombi.
Banki Nkuru y’Igihugu yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 50 Frw, zizagurishwa mu gihe cy’imyaka 15.
APR Women Basketball Club yanditse amateka akomeye mu mikino Nyafurika ya FIBA Africa Women’s Basketball League, yegukana umwanya wa Gatatu, inahabwa umudali w’umuringa nyuma yo gutsinda ASC Ville de Dakar yo muri Senegal amanota 90-84, mu iminota y’inyongera.
Umuramyi Alexis Dusabe, wizihizaga imyaka 25 amaze mu muziki, kuri iki cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025, yakoze igitaramo cy'Amateka mu ihema rya Camp Kigali, cyitabirwa ku rugero rushimishije.
‎Bugesera FC yasubiriye Rayon Sports iyitsindira iwayo ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda.
Perezida w'Inama y'Abepiskopi mu Rwanda akaba na Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yagaragaje ko bihangayikishije ku kuba Akarere k'ibiyaga bigari gafite abakirisitu benshi ariko kagakomeza kugira intambara ,amakinbirane n'ubugizi bwa nabi bikomeje kwiyongera .
Umuziki uraryoha, umuziki uhuza abantu, umuziki ukiza abantu ariko kandi uru ruvange rw'amajwi y'amagambo atondekanyije mu buryo butandukanye ruryohera abarwumva iyo bibonera imbona nkubone abo bihebeye babasusurutsa mu mbaraga zabo zose

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka