Umuraperi ukomoka muri Amerika, Lecrae Devaughn Moore uzwi cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, agiye gutaramira i Kigali, mu rugendo rwo kumenyekanisha album ye nshya yise ‘Reconstruction’, izasohoka tariki ya 22 Kanama 2025
Umunya-Sloveniya, Tadej Pogačar, umaze gutwara Tour de France inshuro enye, yemeje ko azitabira Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road World Championships) izabera i Kigali, mu Rwanda, kuva ku itariki ya 21 kugeza kuya 28 Nzeri 2025
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François‑Xavier, ari i Genève mu Busuwisi aho ahagarariye u Rwanda mu Nama Mpuzamahanga y’Abaperezida b’Inteko Ishinga Amategeko, ibaye ku nshuro ya gatandatu