Nubwo inzego z’ubuzima mu Rwanda zigaragaza ko umubare w’Abanyarwanda bafite Ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanyutse ugereranyije n’imyaka itanu ishize, aho byavuye kuri 20,5% mu 2018, bigera kuri 18,6% mu 2025 ariko biracyari ikibazo kuko hari umubare munini w’abahisha ko bagafite ahubwo bagahitamo gushakira igisubizo mu biyobyabwenge.