Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwiteze inyungu mu Nama ya ‘Africa Forward Summit’ iri kubera i Nairobi muri Kenya.
Urwego rw’umuvunyi rwasabye inzego za Leta kongera imbaraga mu gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe mu bice bitandukanye by’igihugu bidategereje ko umuvunyi mukuru ari we ujya kubikemura
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yifatanyije n'abandi bakuru b'ibihugu mu muhango wo gutaha ku mugaragaro Ingoro y'Inama ya Libreville muri Gabon.
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rugiye gushimira mu ruhame bamwe mu Banye-Tanzania bakoze ibikorwa by’ubutwari mu Rwanda, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Perezida Kagame yashimangiye ko Tanzania ari umufatanyabikorwa wingenzi ku Rwanda by'umwihariko mu rwego rw'ubucuruzi n'ubwikorezi bihuza u Rwanda n'amasoko Mpuzamahanga.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, ari mu ruzinduko rw'akazi mu gihugu cy'abaturanyi cya Tanzania, rugamije gukomeza umubano usanzwe uri hagati y'Ibihugu byombi.
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania kuri uyu wa 3 Gicurasi 2026, mu ruzinduko rw’umunsi umwe rugamije kongera imbaraga mu mubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.