Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr. Mark Bagabe yagaragaje ko mu cyerekezo 2050, hazajya hakorwa ubuhinzi bushingiye ku masezerano n'ibigo by'imari ku buryo umuhinzi atazajya ashora adafite isoko azagemurira
Abaturage bo mu Murenge wa Ruli, mu Karere ka Gakenke, barashimira Leta y’u Rwanda ku ruhare rukomeye yagize mu guteza imbere ubuhinzi, bavuga ko ivugururabuhinzi ryabagejeje ku musaruro mwinshi no ku mibereho myiza kurusha mbere
Dr. Goodluck Jonathan wabaye Perezida wa Nigeria yavuze ko mu bihugu nk’u Rwanda, ikoranabuhanga ryafashije abahinzi kubona isoko no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere ariko byose bikeneye ishoramari rihamye