Ubuzima

Abantu benshi bakunze gutangira umunsi banywa Ikawa cyangwa Icyayi, gusa ikibazo gihora kibazwa ni 'Ese ni ikihe kinyobwa muri ibi bibiri kiruta ikindi kukinywa mu gitondo', mu gutuma umuntu agira imbaduko no kwirirwa umubiri umeze neza
Mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara y’Igicuri (Epilepsy Surgery Training Camp), aho ku ikubitiro batangiye kubaga umurwayi wari umaze imyaka igera muri 15 afata imiti y'igicuri
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu barangije amasomo yerekeye ubuvuzi binjiye mu kazi bikubye kane ugereranyije n’abakinjiragamo mbere ya 2024, kuko bavuye ku 1600 bakagera kuri 6400 mu 2025
Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), Dr Ngarambe Christian, yatangaje ko ibi bitaro bigiye gutangira gukoresha imashini yifashishwa mu gupima indwara z'imbere mu mubiri w'umuntu, izwi nka MRI (Magnetic Resonance Imaging)
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyaburiye abantu bakomeza kwirengagiza nkana ingaruka zo kunywa inzoga z’inkorano, kibibutsa ko kuzinywa ntaho bitaniye no kunywa uburozi bushobora gutera urupfu
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu 2025, abantu 3,227 barumwe n’imbwa hirya no hino mu gihugu. Ni mu gihe bane bishwe n'ibisazi by'imbwa .
Minisitiri w’Intebe yibukije abashoje amasomo mu ishami ry'ubuvuzi muri UGHE ko atari iherezo ry’urugendo, ahubwo ari intambwe ikomeye bateye bava mu kwitegura berekeza mu gukora inshingano
Inkuru y'urukundo ya Igabe Janvier na Tuyishimire Josiane, itangira mu 2020, ubwo uyu musore yajyaga muri imwe mu nzu itunganya imisatsi mu mujyi wa Kigali, maze akahabona umukobwa w'ubwiza butangaje
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) n’Ikigo Nyafurika gikora ibijyanye no gukonjesha imiti, inkingo n’ibiribwa (ACES Cooling Solutions), byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije guteza imbere umutekano w’inkingo n’uburyo burambye bwo kubungabunga imiti n’ibiribwa mu Rwanda