Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Amakuru aravuga ko APR FC yaba yahinduye intekerezo isubira ku isoko ishaka umunyezamu, ni nyuma yo kutanyurwa n'imyitwarire ya Ishimwe Pierre mu mikino ya gicuti
Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Iburengerazuba, Major General Nkubito Eugene, yavuze  ko Gen Ntawunguka Pacifique alias Omega uyobora  umutwe ukorera mu mashyamba ya RDCongo,FDLR akwiye gutaha mu gihugu ku mahoro niba ashaka kubaho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier uri i Yokohama mu Buyapani yahuye n’Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo, ILO , André Bogui
Umuryango Mpuzamahanga ugamije kurwanya ubukene n’inzara, Heifer International wafunguye ku mugaragaro ikigo cya kabiri kizajya gitangirwamo amahugurwa ku mikoreshereze y'imashini zihinga no kuzisana
Ku nshuro ya mbere, u Rwanda rugiye kwakira irushanwa ry'abana n’ingimbi bakina umukino wa Golf, ritegurwa na Banki ya NCBA, NCBA Bank Rwanda
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye urwungo fatizo irugeza kuri 6.75% ruvuye kuri 6.5%, hagamijwe gukomeza kugenzura izamuka ry’ibiciro ku masoko
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kudatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano muri Afurika
Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) irasaba inganga z'abakora imyuga itandukanye kuzajya bagira uruhare mu gutegura integanyanyigisho zikoreshwa mu mashuri makuru n'aza Kaminuza hagamijwe kunozwa ireme ry'uburezi bwayo
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa, yongeye kwibutsa umukunzi we Sharon Gatete, ko ari impano y'agahebuzo Imana yamuhaye mu buzima bwe
Ubuhinzi ni urwego rutanga amahirwe y’iterambere, kandi uyu munsi Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo gushishikariza urubyiruko kwibona mu buhinzi nk’inzira yo kwihangira imirimo, kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no kurwanya imirire mibi