Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Umusesenguzi mu bya Politiki, Senateri Uwizeyimana Evode, yavuze ko urupfu rw’uwari Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, rushobora gutera imbaraga abandi kuko hakiri igituma barwana kandi kikaba kitarakemuka
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, yagiriye uruzinduko mu Buhinde aho yitabiriye inama ijyanye no gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Buhinde mu nzego zitandukanye.
I Rusororo mu Karere ka Gasabo u Rwanda ruri kuhubaka ibigega bya gaz yo gutekesha  byitezweho kuzafasha kugabanya igiciro cyayo ndetse bikazatuma hashyirwaho ibiciro bimwe hose mu gihugu kandi bikazanorohereza abafite amikoro macye kubona gaz ijyanye n’ubushobozi bwabo.
Kuri uyu wa Mbere, itsinda ry’abayobozi bakuru bo mu Ngabo z’u Rwanda, riri mu gihugu cya Ethiopia riri bwitabire umuhango mukuru wo kwizihiza ku nshuro ya 130 Intsinzi ya Adwa, uri bubere kuri Adwa Victory Memorial
Polisi y'Igihugu ikorera mu ka Bugesera, yatangaje ko abantu 28 bamaze kwicwa n'inzoga z'inkorano abandi 400 nabo bakaba barajyanywe kwa muganga.
Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bw'ubutabazi n'ubwubatsi muri Jamaica, zifatanyije n’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo muri Jamaica (JDF Engineers), mu gikorwa cy'Umuganda bakoreye mu kigo Blessed Assurance Institution cyita ku bana bafite ubumuga
Abakinnyi babiri bakinira ikipe ya Atlético de Madrid y’Abagore yo mu gihugu cya Espagne, Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez uzwi nka ‘Lola’ bari mu biruhuko mu Rwanda.
As Kigali yaguye miswi n'ikipe ya Etincelles FC, ikomeza kwishyiraho igitutu cyo gukubana n'amakipe arwana no kutamanuka mu cyiciro cya kabiri
Kera nkiri umwana muto niga mu mashuri abanza , nakuze mbona abarimu badusomera ibitabo bitandukanye birimo udutabo twa Bakame, udutabo twabagamo inkuru zitandukanye zirimo iza Ngunda, Petero Nzukira, umukobwa wo mu Gisabo n'izindi.