Imikino

Ikipe ya Gorilla FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 6 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025
Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA, yatanze ibihano ku bandi basifuzi babiri ndetse itera utwatsi ibirego by’amakipe arimo APR FC n’Amagaju FC
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yijeje ubufasha umwana w'umuhungu ufite ubumuga bw’ingingo, wagaragaye akinana ishyaka umupira w'amaguru
Startimes Rwanda yongereye umubare w’imikino ya Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya Mbere (Rwanda Premier League), yerekanwa ku mashene yayo
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, Axel Mpoyo, yemeje ko atazakina mu mikino yo gushaka itike ya FIBA World Cup, izaba hagati ya tariki ya 27 kugeza ku ya 30 Ugushyingo 2025 muri Tunisia.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Ikipe y'Igihugu cy'u Rwanda 'Amavubi', imaze imyaka isaga 38 yereka Abanyarwanda umupira uryoshye. Muri iyi myaka itari mike, Amavubi yanyuzemo abakinnyi benshi batandukanye