Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali Bwandikiye amakipe atatu usanzwe utera inkunga ubasaba ko bitarenze tariki ya 30 werurwe azaba yamaze kwihuza, akabyara ikipe imwe.Ayo makipe ni AS Kigali, Kiyovu Sports ndetse na Gasogi United yose akina shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda.