Ubukungu

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko igipimo cy’urwunguko fatizo itangiraho inguzanyo ku ma banki cyagumye kuri 6.75%, ari na cyo cyari cyashyizweho muri Kanama uyu mwaka
Ikinyobwa gisembuye cya 'Kari Vodka', gikorerwa mu Rwanda, cyatangiye gucuruzwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kongera ibikorerwa mu Rwanda bigera ku isoko mpuzamahanga
Urugaga Nyarwanda rw’Abikorera, PSF, rwasinye amasezerano y’imikoranire n’urwego rushinzwe Ubucuruzi, Inganda, Mine n’Ubuhinzi muri Leta ya Kano muri Nigeria, agamije kwagura ubucuruzi
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano y’ubufatamye n’Ishami rya Loni rishinzwe iterambere ry’inganda (UNIDO), agamije guteza imbere inganda ndetse no kurwanya Ibiza bikomeye.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo gikora ishoramari cyo mu Bushinwa, hagamijwe gukomeza ubufatanye mu bucuruzi n’ikoranabuhanga hagati y'impande zombi
Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri RDB, Michelle Umurungi, yagaragaje ko u Rwanda rwafunguriye amarembo ubucuruzi bwambukiranya imipaka, nk'uburyo bwo kongerera imbaraga ubucuruzi bw'ibihugu ariko hubahirizwa umutekano
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) , gitangaza ko muri Nzeri 2025, ibiciro rusange byo mu nganda byazamutseho 13,5%, ugereranyije na Nzeri 2024.
U Rwanda rwinjiye mu Cyumweru cyahariwe Kwizigama, cyashyizweho hagamijwe kuzamura iterambere ry’umuturage ku giti cye no gukomeza guteza imbere igihugu muri rusange
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu bya Afurika byihuse mu kuzamura ubukungu binyuze mu ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu rwego rw'imari, Fintech
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko Ubushomeri bwagabanutseho 1.9%, mu gihe abafite imyaka yo gukora (16 kuzamura), 57% bafite akazi.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka