Ibyihariye

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye ubutumwa mugenzi we wa RDCongo nyuma yo kongera kwegeka ibibazo by’icyo gihugu ku Rwanda.
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, ari i Buruseri mu Bubiligi aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, yiga ibijyanye n'ishoramari
Perezida Paul Kagame yakiriye Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, baganira ku bikorwa bigamije kwimakaza amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Banki y’Abarabu y’Iterambere muri Afurika, BADEA, yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$ azifashishwa mu mishinga irimo kugeza amazi meza ku baturage
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Gahunda y’Igihugu yo Kubungabunga urusobe rw’Ibinyabuzima (National Biodiversity Strategy and Action Plan) ya 2025-2030, hagamijwe iterambere rirambye
Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya, Lt Gen (Rtd) Charles Kayonga, yagaragaje ko iterambere u Rwanda rugezeho, rubikesha imiyoborere myiza no gukunda igihugu bya Perezida wa Repubulika Paul Kagame
Umusirikare w’u Rwanda , RDF, Sgt Sadiki Emmanuel ,wari umaze igihe afungiwe mu Burundi , yamaze kugarurwa mu gihugu .
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda