Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Hagiye gushira icyumweru, ibihugu bya Amerika,Iran na Israel byinjiye mu ntambara, Abanyarwanda batuye mu Burasirazuba bwo hagati bo bavuga ko batekanye.
Abayobozi batatu bari basanzwe bayobora koperative ‘Umoja ni nguvu',  icunga umutekano, barafunze, bakekwaho kunyereza umutungo wa koperative.
Rayon Sports yanyagiye itababariye City Boys ikina mu cyiciro cya Kabiri, ibitego 9-0, mu mukino wo kwishyura wa 1/8 mu gikombe cy’Amahoro .
Umuyobozi w'Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda, FRVB, n'uw'Impuzamashyirahamwe ry’uyu mukino muri Afurika, basinye amasezerano yemerera u Rwanda kwakira Irushanwa rya Volleyball rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bagabo mu bihugu byayo muri Afurika, CAVB Men’s Club Championship
Komiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), DCG Rose Muhisoni, yasabye abafunguwe by'agateganyo kuzitwara neza no kwitwararika mu buzima bagiyemo hanze, birinda ikintu cyose cyatuma bongera kugongana n’amategeko
Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, yakiriye kopi z’impapuro zimerera ba Ambasaderi bashya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
Umuhanzikazi Bwiza ukubutse mu bitaramo bya Tour du Rwanda Festival, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm muri Suède aho azataramira mu gitaramo gitangiza uruhererekane rw’ibitaramo ateganya gukorera hirya no hino ku Isi, amenyekanisha Album ye ya Kabiri aheruka gusohora yise “Home.”
Musenyeri Laurent Mbanda uyobora Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda, yongeye gutorerwa kuyobora umuryango mpuzamahanga uharanira gukurikiza inyigisho za Bibiliya mu Itorero Angilikani (GAFCON) ubarizwamo n’iryo mu Rwanda  .
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, Bouchra Hajij, waje mu Rwanda mu gikorwa cyo gusinya amasezerano yemerera igihugu kwakira Irushanwa rya CAVB Men’s Club Championship