Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Candy Basomingera, yavuze ko Shampiyona y'Isi yo gusiganwa ku magare ibura igihe gito ngo ibere mu Rwanda, igaragaza uburyo rumaze gutera imbere, ndetse yibutsa abikorera ko ari umwanya mwiza wo ko kubyaza aya mahirwe umusaruro