Imyidagaduro

Abahanzi Nyarwanda barimo King James, Bruce Melodie, Bwiza, Marina na Butera Knowless bahurijwe hamwe mu mushinga mpuzamahanga wo gusubiramo indirimbo 'Quand on est en amour' y'umuhanzi Patrick Norman
Polisi y’u Rwanda yemeje ko Umuhanzikazi Barbara Teta uzwi ku izina rya Babo na Uwayezu Ariel uzwi nka Ariel Wayz bafunze.
Abanyarwenya Dr Nsabi na Killaman bongeye gutumirwa muri Gen-Z Comedy, naho umukinnyi wa filime Mazimpaka Kennedy akaza kuba ahari nk'umutumirwa w'umunsi
Umuraperi Muhire Jean Claude uzwi nka Jay C yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yari amaze iminsi ararikira abakunzi be yise “Oh Dieu”, igaragaramo bambaye imyambaro y'abapadiri n'abamanseri
Umuhanzikazi ukomoka muri Nigeria, Yemi Eberechi Alade wamamaye nka Yemi Alade, yatangaje ko agiye gutangira gucuruza ibikoresho by'ubwiza bye (Maquillage) mu Rwanda
Umuhanzi Nyarwanda Niyokwizerwa Bosco uzwi cyane ku izina Niyo Bosco, yatunguranye ubwo yifuriza isabukuru nziza y'amavuko umukunzi we, Mukamisha Irene, bamaze igihe mu munyenga w’urukundo.
Umuraperi ukomoka muri Amerika uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Devaughn Moore uzwi nka Lecrae, yahembuye imitima y’Abanyarwanda mu gitaramo cyabereye muri Camp Kigali ku mugoroba wo ku wa gatanu
Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese buriya umuntu yaba umuhanzi bikamuhira ndetse ntiyibagirwe n’inshingano ze zijyanye n'amashuri ?  igisubizo twaguha ni , yego rwose
Bajya bavuga ngo imyaka ni nk’inkorora ntabwo yihishira, ndetse uko ugerageje kwiyitaho kose birangira umubiri ugaragaje gusaza. Gusa ibyo ni imvugo zicyuye igihe kuko uyu munsi benshi basigaye barenza 30 bagikeye ndetse rwose ntaho bataniye n'inkumi n'abasore b'imyaka 20