Rutsiro FC yatsinze Al Hilal Omdourman ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Ukuboza 2025.
APR Women Basketball Club yanditse amateka akomeye mu mikino Nyafurika ya FIBA Africa Women’s Basketball League, yegukana umwanya wa Gatatu, inahabwa umudali w’umuringa nyuma yo gutsinda ASC Ville de Dakar yo muri Senegal amanota 90-84, mu iminota y’inyongera.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Mukura Victory Sports ibitego 2-0 mu mukino wayo wa gatatu muri Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 10.
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yatangaje ko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, yakurikiye umukino wa Basketball wahuje Los Angeles Clippers, isanzwe yamamaza Visit Rwanda, na Dallas Mavericks .
Perezida w'Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC), Dr. Yao Allah-Kouamé, yashimangiye ko umwaka wa 2025 wabaye udasanzwe kuri Afurika kuko u Rwanda rwawakiriyemo Shampiyona y'Isi y'Amagare
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga