Mu mpinduka zakozwe muri MININFRA, Perezida Kagame yagize Murwanashyaka Damien Minisitiri w’lbikorwaremezo, Zingiro Armand na Col. Bizimungu Claudien bagirwa Abanyamabanga ba Leta muri iyi Minisiteri.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko kuba umubano w’u Rwanda na Congo utazahuka biterwa n’impamvu zitandukanye zirimo izishingiye ku mateka y’ibihugu byombi ndetse n’izishingiye ku Banye-Congo ubwabo
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026 iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje abayobozi bashya barimo uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu Rwanda, Ambasaderi wa Austria ndetse n'uhagarariye Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (IFAD) mu Rwanda
Mu nama yo gusuzuma ibikorwa byakozwe mu mezi atandatu ashize, mu rwego rwo gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), hashimwe intambwe yatewe mu kunoza no guhuza uburyo bw’ubuhuza bw’Afurika bugamije gukemura ikibazo cy’umutekano muke muri aka Karere