Ubukungu

Ikigega Mpuzamahanga cy’Iterambere, OFID cyasinyanye amasezerano n’u Rwanda ya miliyoni 300$ (arenga miliyari 432 Frw), azashorwa mu bikorwa by’iterambere mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu mwaka wa 2028 hazashyirwaho Pariki y’Igihugu yihariye y'ibirwa, izaba irimo ibyo mu Kiyaga cya Kivu n’ibindi biri mu turere nka Bugesera.
Banki Nkuru y'Igihugu, BNR, yashyizeho ibihano bikakaye ku bantu ku giti cyabo n'ibigo bigena ibiciro by'ibicuruzwa na serivisi ndetse n'abacuruza mu madovize nta burenganzira.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka