Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴🔴 INGABO ZA RDF ZIRI MU BUTUMWA BW’AMAHORO MURI SUDANI Y’EPFO ZAMBITSWE IMIDARI Y’ISHIMWE YA LONI

🔴🔴 BAL 2026: HIGHLIGHTS || PETRO DE LOUANDA 83-69 DAR CITY || BK ARENA || KIGALI, 25 MAY 2026

Arsenal Fans in Kigali Rwanda, celebrating Arsenal; the 2026 Premier League Champions! 🏆

Abahize abandi bahembwe, abanyeshuri 146 barahiriye kwinjira mu rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora.

Minisitiri Biruta yagaragaje impamvu Leta yashyize imbaraga mu guteza imbere RCS

RCS yungutse aba Ofisiye bato 146 bahuguwe ku micungire y’amagororero

SCOVIA ABAZA IMPAMVU HATABAHO UBWISHINGIZI KUNZU// HARI UBWISHINGIZI BUDATEGETSWE N’UBUTEGETSWE

BNR mu ngamba nshya zo guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko| Yazamuye inyungu fatizo ku nguzanyo

Imyidagaduro

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye mu kuvanga umuziki nka DJ Toxxyk, yasubiye mu igororero rya Nyarugegenge riherereye i Mageragere , nyuma y'iminsi mike arisohotsemo.
Umuhanzi akaba n’umutunganya muzika w’indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cya Canada.
Iperereza ryakorewe Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki Nyarwanda, ryagargaje ibindi byaha 7 akurikiranyweho n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB

Inkuru Nshya

Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaro inama ngarukamwaka ya ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yabereye i Brazzavilles.
Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Alphonse Hitiyaremye, yavuze ko amakimbirane hagati y’ibigo by’imari n’abakiriya babyo, akwiye gukemurwa mu buryo bwihuse, buboneye kandi butanga icyizere ku mpande zose, cyane cyane binyuze mu nzira y’ubuhuza.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) cyatangaje ko imirimo yo kwagura no kuvugurura umuhanda Nyange-Muhanga igeze kuri 91.5% ushyirwa mu bikorwa.
Ingufu za Nucléaire zishobora kwifashishwa mu bintu byinshi nko mu gutanga amashanyarazi, mu buvuzi cyane ubw’indwara zikomeye nka kanseri kuko imirasire yazo ariyo yifashishwa mu kuyishiririza, mu bijyanye n’umutekano kuko nko mu byuma bisaka arizo zikoreshwa cyangwa se mu gukora intwaro.
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko bitewe n’ingamba zashyizweho zijyanye no gukumira icyorezo cya Ebola, ibikorwa byose mu Gihugu bikomeje nk’uko bisanzwe, harimo iby’ubukerarugendo, inama, ibirori, ubucuruzi ndetse n’ingendo hirya no hino
Perezida Mobutu Sese Seko wayoboraga Zaire kuri ubu yabaye Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko hagomba kugira agace k’umuzenguruko wa kilometero 20 gakurwamo abasirikare ba RPA mu nkengero z’Ikibuga cy’indege kugira ngo hajye abasirikare ba Loni.