Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y'Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo azahakorera kizabera muri Parking ya BK Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.
Kimwe mu bintu bisigaye byitabwaho n’abitabira ibirori n’ibitaramo bitandukane ni imyambarire aho buri wese uretse kujya kwihera ijisho umuhanzi akunda no kuryoherwa n’umuziki, imyambarire nayo ni kimwe mu byitabwaho cyane muri iyi minsi.
Umuhanzi Bruce Melodie ari mu bahanzi batanu (5) bahataniye igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umwaka wo muri Afurika y’Iburasirazuba (Best East African Artist) mu bihembo bya Headies bitangwa n’ikinyamakuru Hip Hop World Magazine cyo muri Nigeria kuva muri 2006.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yababajwe n’urupfu rw’umuhanzi Dolly Patron witabye Imana.

Inkuru Nshya

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, ku bufatanye n’abaturage, yafashe umugabo w’imyaka 40 ukekwaho gukwirakwiza urumogi,aho yafatanwe udupfunyika 2,213 tw’urumogi, afatirwa iwe mu rugo.
Umujyi wa Kigali  watangaje ko mu ntangiriro za 2027 hazatangira umushinga munini wo gutuza abaturage no guteza imbere imiturire mu Kagari ka Kagugu, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, aho imiryango 716 izubakirwa amazu agezweho n’ibikorwaremezo byunganira imibereho yabo.
Saranda Oliva Umutoni yegukanye miliyoni imwe mu irushanwa “Umunota w’Umuganura 2026” Saranda Oliva Umutoni ni we wegukanye umwanya wa mbere mu irushanwa rya videwo ngufi ku Muganura ryiswe “Umunota w’Umuganura 2026”, ritegurwa n’Inteko y’Umuco, ahabwa igihembo cya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.
Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y'Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo azahakorera kizabera muri Parking ya BK Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.
Kuri uyu wa Gatanu intumwa zaturutse muri minisiteri y’ingabo za Mozambique, ziyobowe na Maj Gen Samuel Luluva, umuyobozi mukuru ushinzwe serivisi z’imibereho myiza y'ingabo,zakiriwe na minisitiri w’ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, ku cyicaro gikuru cy’ingabo, ku Kimihurura.
Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva yakiriye Marc Holtzman, Umuyobozi w’Inama y’Ubuyobozi y’Urwego rushinzwe Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda (CMA), baganira ku buryo iri soko ryakwagurwa kugira ngo rifashe kongera igishoro cy’abikorera.
Kimwe mu bintu bisigaye byitabwaho n’abitabira ibirori n’ibitaramo bitandukane ni imyambarire aho buri wese uretse kujya kwihera ijisho umuhanzi akunda no kuryoherwa n’umuziki, imyambarire nayo ni kimwe mu byitabwaho cyane muri iyi minsi.